Gervais Rufyikiri, wigeze kuba visi-perezida wa kabiri wa Repubulika y’Uburundi, yaratahutse nyuma y’imyaka icyenda amaze mu buhingiro.Muri Amerika, kaminuza zirashishikariza abanyeshuli bazo b’abanyamahanga bari mu biruhuko kwihutira kugaruka ku mashuli mbere y’uko Donald Trump, arahira.
Amakuru mu Gitondo - Ukuboza 28, 2024 | Amakuru mu Gitondo - Voice of America podcast - Listen or read transcript on Metacast