Perezida wa 47 w’Amerika yarahiye ati: “Jyewe, Donald J. Trump, ndahiriye ku mugaragaro ko nzakora n’umutima wanjye wose akazi ka perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, kandi ko, uko nshoboye kose, nzabungabunga, nzarengera itegeko nshinga rya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Imana ibimfashemo.”
Amakuru ku Mugoroba - Mutarama 20, 2025 | Amakuru ku Mugoroba - Voice of America podcast - Listen or read transcript on Metacast