Urukiko rukuru mu Rwanda rwakomeje kumva imyiregurire y’abayoboke b’ishyaka DALFA Umulinzi. Muri Kongo ibiciro ku masoko bikomeje kuzamuka nyuma y'ifatwa rya santere ya Masisi. John Mahama, kuri uyu wa kabiri, yarahiye nka perezida wa Ghana muri manda ya gatatu
Amakuru ku Mugoroba - Mutarama 07, 2025 | Amakuru ku Mugoroba - Voice of America podcast - Listen or read transcript on Metacast