Amakuru mu Gitondo  - Voice of America - podcast cover

Amakuru mu Gitondo - Voice of America

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Episodes

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 19, 2025

U Rwanda rwahagaritse gukorana n’Ububirigi mu vy’imigambi y’ubutwererane n’iterambere. Reta zunze ubumwe z’Amerika n'Uburusiya batanguye kuganira ku kibazo c'intambara muri Ukraine. Abamaze kurwa mu bitero vy’inteko ziyonkoye kuri Reta, Rapid Support Forces, RSF, muri ino minsi itatu barenze 200.

Feb 19, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 19, 2025

U Rwanda rwahagaritse gukorana n’Ububirigi mu vy’imigambi y’ubutwererane n’iterambere. Reta zunze ubumwe z’Amerika n'Uburusiya batanguye kuganira ku kibazo c'intambara muri Ukraine. Abamaze kurwa mu bitero vy’inteko ziyonkoye kuri Reta, Rapid Support Forces, RSF, muri ino minsi itatu barenze 200.

Feb 19, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 18, 2025

Uburundi buravuga ko bumaze kwakira impunzi zirenga ibihumbi 10 ziva muri Kongo. Muri Uganda umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi ararembye. Umushumba wa Kiliziya gatulika Papa Fransisiko ari mu bitaro.

Feb 18, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 18, 2025

Uburundi buravuga ko bumaze kwakira impunzi zirenga ibihumbi 10 ziva muri Kongo. Muri Uganda umunyapolitike Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi ararembye. Umushumba wa Kiliziya gatulika Papa Fransisiko ari mu bitaro.

Feb 18, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 17, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 17, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 17, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 17, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 16, 2025

Amakuru y'uno munsi aza gushimikira ku mutekano wa Kongo: Bamwe mu bategetsi ba Kongo n'ingabo z'ico gihugu bahunze igisagara ca Bukavu. Ababa i Bukavu bavuga ko umwanya umwe bumva amasasu, uwundi bakumva hatekanye. Ubumwe bwa Buraya bwiteguriye gufatira ibihano u Rwanda ku mvo z'umutekano wa Kongo.

Feb 16, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 16, 2025

Amakuru y'uno munsi aza gushimikira ku mutekano wa Kongo: Bamwe mu bategetsi ba Kongo n'ingabo z'ico gihugu bahunze igisagara ca Bukavu. Ababa i Bukavu bavuga ko umwanya umwe bumva amasasu, uwundi bakumva hatekanye. Ubumwe bwa Buraya bwiteguriye gufatira ibihano u Rwanda ku mvo z'umutekano wa Kongo.

Feb 16, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 15, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 15, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 15, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 15, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 14, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 14, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 14, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 14, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 13, 2025

RDC: Abakuru b’amadini bagiranye bahuye n’umutwe wa M23 baganiro ku bibazo by’umutekano Uganda: umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi, Kiiza Besigye, yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara ministri w’ububanyi n’amahanga wa Siriya atangaza ko guverinoma nshya izajyaho mu kwezi gutaha,

Feb 13, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 13, 2025

RDC: Abakuru b’amadini bagiranye bahuye n’umutwe wa M23 baganiro ku bibazo by’umutekano Uganda: umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi, Kiiza Besigye, yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara ministri w’ububanyi n’amahanga wa Siriya atangaza ko guverinoma nshya izajyaho mu kwezi gutaha,

Feb 13, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 12, 2025

Abahitanywe na Ebola muri Uganda bageze ku 9. Abanyagihugu bo mu ntara ya Makamba mu Burundi bahangayikishijwe n'ikiza ca Marbourg. Umushikiranganji wa mbere w'Ubuhundi aragendera Amerika.

Feb 12, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 12, 2025

Abahitanywe na Ebola muri Uganda bageze ku 9. Abanyagihugu bo mu ntara ya Makamba mu Burundi bahangayikishijwe n'ikiza ca Marbourg. Umushikiranganji wa mbere w'Ubuhundi aragendera Amerika.

Feb 12, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 11, 2025

Abasirikare 75 bashinjwa ibyaha by’urugomo no guta urugamba muri Kongo batanguye kuburanishwa. ONUSIDA ivuga ko abantu bashya bazandura Sida bashobora kuzikuba incuro zirenze esheshatu, bitarenze umwaka wa 2029. Perezida Donald Trump w’Amerika yongeye kwemeza ko azigarurira intara ya Gaza

Feb 11, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 11, 2025

Abasirikare 75 bashinjwa ibyaha by’urugomo no guta urugamba muri Kongo batanguye kuburanishwa. ONUSIDA ivuga ko abantu bashya bazandura Sida bashobora kuzikuba incuro zirenze esheshatu, bitarenze umwaka wa 2029. Perezida Donald Trump w’Amerika yongeye kwemeza ko azigarurira intara ya Gaza

Feb 11, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 10, 2025

Ishyirahamwe ry'abaganga mu Burundi riramagana icyo ryita ihohoterwa rya bagenzi babo. Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibiya akayibera perezida wa mbere yatabarutse ku myaka 95. Perezida Donald Trump w’Amerika yasinye itegeko rikuraho inkunga iki gihugu cyahaga Afurika y’Epfo.

Feb 10, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 10, 2025

Ishyirahamwe ry'abaganga mu Burundi riramagana icyo ryita ihohoterwa rya bagenzi babo. Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibiya akayibera perezida wa mbere yatabarutse ku myaka 95. Perezida Donald Trump w’Amerika yasinye itegeko rikuraho inkunga iki gihugu cyahaga Afurika y’Epfo.

Feb 10, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 09, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 09, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 09, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 09, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 08, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 08, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 08, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 08, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 07, 2025

Ihagarikwa ry’imfashanyo Amerika yahaga Afurika rishobora guteza ibibibazo by’ubuzima kuri benshi RDC: Umutwe wa M23 washyizeho ubuyobozi bushya buzayobora ibice wigaruriye. Mu Rwanda Boniface Nzabandora yatanze ubuhamya bushinja abayoboke b’ishyaka Dalfa Umulinzi gushaka guhirika ubutegetsi.

Feb 07, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 07, 2025

Ihagarikwa ry’imfashanyo Amerika yahaga Afurika rishobora guteza ibibibazo by’ubuzima kuri benshi RDC: Umutwe wa M23 washyizeho ubuyobozi bushya buzayobora ibice wigaruriye. Mu Rwanda Boniface Nzabandora yatanze ubuhamya bushinja abayoboke b’ishyaka Dalfa Umulinzi gushaka guhirika ubutegetsi.

Feb 07, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 06, 2025

Perezida w’Arijantine yavuze ko ateganya gukura igihugu cye muri OMS Bamwe mu bayobozi b’ibihugu by’Abarabu baramagana umugambi wa Perezida w’Amerika Trump wo kwigarurira intara ya Gaza. Rwanda: Sylvain Sibomana ubushinjacyaha burega gushaka guhirika ubutegetsi buriho yahakanye ibyo aregwa.

Feb 06, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 06, 2025

Perezida w’Arijantine yavuze ko ateganya gukura igihugu cye muri OMS Bamwe mu bayobozi b’ibihugu by’Abarabu baramagana umugambi wa Perezida w’Amerika Trump wo kwigarurira intara ya Gaza. Rwanda: Sylvain Sibomana ubushinjacyaha burega gushaka guhirika ubutegetsi buriho yahakanye ibyo aregwa.

Feb 06, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 05, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 05, 202530 min

Amakuru mu Gitondo - Gashyantare 05, 2025

Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.

Feb 05, 202530 min
For the best experience, listen in Metacast app for iOS or Android
Open in Metacast